logo
.

 
Umwirondoro:
*Amazina :
*Umurimo akora:
*Aho abarizwa:
*Igihugu ubarizwamo  
*Tel:
Email:
*Ikigo gitanga serivisi ku mufatabuguzi (*) ahari aka kamenyetso hagomba kuzuzwa
Itumanaho Gutwara ibintu n’abantu Ingufu Amazi Isuku n'Isukura
 MTN Rwanda Onatracom Electrogaz  Electrogaz COPED
 Rwandatel s.a Atraco     Tozisuku
ISPA Omega      
 Star Africa Media Ltd Impala      
 Altech Stream Rwanda Yahoo Express      
 Green Max Virunga Express      
Value Data Rwanda        
New Artel        
 Tele 10        
Axis SARL        
Undi
 Wagerageje gukemura ikibazo cyawe wifashishije uguha serivisi?     Yego          Oya
Imvano y’ikibazo         
           Ikosa ku nyemezabuguzi
          Kutubahiriza ibiri mu masezerano.
          Gutanga serivisi(  gusana ibyangiritse, guhagarikirwa   serivisi ku mpamvu zidasobanutse n’ibindi)
          Kwimura serivisi wahabwaga zigahabwa undi
          Ibindi (Byandike aha hakurikira):

Andika bihagije uko ikibazo giteye uhereye igihe cyatangiriye kugeza ubu. Sobanura neza kandi ugaragaze igihe, amatariki ndetse n’amazina y’abo waba waragejejeho ikibazo. Bigushobokeye washyira ku mugereka w’iyi forumurere impapuro zigufasha gusobanura neza ikibazo. Ushyireho na none impapuro zitari umwimerere zerekana amasezerano wagiranye n’uguha serivisi, inyemezabuguzi, n’izindi nyandiko zijyanye n’ikibazo cyawe.

Document 1:
Document 2:
Document 3:
cyifuzo cy’umwihariko
Wifuza ute ku bw’umwihariko uko RURA yagukemurira ikibazo?
Kugeza ubu ikibazo cyawe cyaba cyarashyizwe mu maboko y’izindi nzego Yego           Oya
Ni izihe ngamba zafashwe mu gukemura ikibazo?
Sobanura icyaba cyarakozwe mu rwego rw’amategeko mu gukemura ikibazo:
 
bottom

Copyright © 2012 Rwanda Utilities Regulatory Agency. All Rights Reserved